{"id":239,"date":"2025-08-04T06:40:30","date_gmt":"2025-08-04T06:40:30","guid":{"rendered":"https:\/\/africadiplomacy.net\/?p=239"},"modified":"2025-08-04T06:40:31","modified_gmt":"2025-08-04T06:40:31","slug":"kamonyi-abaturage-bishyize-hamwe-bubaka-umuhanda-wa-kaburimbo-baranawucanira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/africadiplomacy.net\/?p=239","title":{"rendered":"Kamonyi: Abaturage bishyize hamwe bubaka umuhanda wa kaburimbo baranawucanira"},"content":{"rendered":"\n<p><\/p>\n\n\n\n<p>Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi, bishatsemo ubushobozi bubaka umuhanda wa kaburimbo yoroheje mu gace batuyemo ndetse banawushyiraho amatara mu rwego rwo kunoza imiturire.<\/p>\n\n\n\n<p>Uyu muhanda witiriwe \u201cUbumwe\u201d hagamijwe kugaragaza imbaraga z\u2019ubufatanye, uherereye mu Mudugudu wa Rugaze, Akagari ka Ruyenzi. Abaturage bawubaka bari bagamije kwishakamo ibisubizo badategereje ko leta iba ari yo ibakorera byose bakeneye.<\/p>\n\n\n\n<p>Karimunda Emmanuel, umwe mu baturiye uyu muhanda yavuze ko bagera muri aka gace, basanze umeze nabi bahanyura imodoka zikanyerera ndetse abagenda n\u2019amaguru bakabangamirwa n\u2019ibyondo mu gihe imvura yabaga yaguye.<\/p>\n\n\n\n<p>Bamaze kuba benshi bashatse icyo bakora ngo barusheho gutura heza bakusanya ubushobozi bashyiramo laterite nk\u2019uko Karimunda yakomeje abisobanura.<\/p>\n\n\n\n<p>Ati \u201cHashize umwaka umwe twongeye guhura twishimira ibyo twagezeho ariko mu rwego rwo gukemura ikibazo cy\u2019umutekano dutekereza gushyiraho amatara ku muhanda, twegeranya ubushobozi tuzana ayo matara dutangira kugenda ahantu habona ku buryo uhatambuka wizeye neza umutekano, tunasaba ko uhabwa izina nibwo wiswe \u201cUbumwe Road\u201d\u201d.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image alignwide size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"473\" src=\"https:\/\/africadiplomacy.net\/wp-content\/uploads\/2025\/08\/WhatsApp-Image-2025-08-01-at-2.59.02-PM-1024x473.jpeg\" alt=\"\" class=\"wp-image-241\" srcset=\"https:\/\/africadiplomacy.net\/wp-content\/uploads\/2025\/08\/WhatsApp-Image-2025-08-01-at-2.59.02-PM-1024x473.jpeg 1024w, https:\/\/africadiplomacy.net\/wp-content\/uploads\/2025\/08\/WhatsApp-Image-2025-08-01-at-2.59.02-PM-300x139.jpeg 300w, https:\/\/africadiplomacy.net\/wp-content\/uploads\/2025\/08\/WhatsApp-Image-2025-08-01-at-2.59.02-PM-768x355.jpeg 768w, https:\/\/africadiplomacy.net\/wp-content\/uploads\/2025\/08\/WhatsApp-Image-2025-08-01-at-2.59.02-PM-1536x709.jpeg 1536w, https:\/\/africadiplomacy.net\/wp-content\/uploads\/2025\/08\/WhatsApp-Image-2025-08-01-at-2.59.02-PM.jpeg 1600w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"has-text-align-center\"><strong><em>Karimunda Emmanuel, umwe mu bagize uruhare mu kubaka uyu muhanda<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p><br>\u201cTumaze kubona amatara yo ku muhanda ntabwo twifashe nk\u2019abageze ku miturire myiza twifuzaga, twatekereje gushyira kaburimbo muri wa muhanda. Ubuyobozi bumaze gushyigikira igiterezo cyacu, ingo zose zituriye Ubumwe Road ziyemeje ko buri muturage azajya atanga miliyoni 2,2 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Uyu muhanda wa metero 600 wuzuye utwaye miliyoni zisaga 71 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda harimo inkunga y&#8217;ubuyobozi bw\u2019Akarere isaga miliyoni 14 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda ahwanye na 20%.<\/p>\n\n\n\n<p>Umuyobozi w\u2019Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe iterambere ry\u2019ubukungu, Uzziel Niyongira, yavuze ko ubuyobozi buzakomeza gushyigikira abaturage mu bikorwa bigamije iterambere.<\/p>\n\n\n\n<p>Ati \u201cNi gahunda akarere gafite izanakomeza, ko ibikorwa abaturage batangiye kabegera kakabunganira kugira ngo ibyo bikorwa bibashe kugerwaho. Ikindi ni uko ibikorwa nk\u2019ibi uko abaturage babigiramo uruhare ni na ko barushaho kubirinda bikarushaho gutanga serivisi mu gihe kirambye.\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi, bishatsemo ubushobozi bubaka umuhanda wa kaburimbo yoroheje mu gace batuyemo ndetse banawushyiraho amatara mu rwego rwo kunoza imiturire. Uyu muhanda witiriwe \u201cUbumwe\u201d hagamijwe kugaragaza imbaraga z\u2019ubufatanye, uherereye mu Mudugudu wa Rugaze, Akagari ka Ruyenzi. Abaturage bawubaka bari bagamije kwishakamo ibisubizo badategereje ko leta [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":240,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"om_disable_all_campaigns":false,"_monsterinsights_skip_tracking":false,"_monsterinsights_sitenote_active":false,"_monsterinsights_sitenote_note":"","_monsterinsights_sitenote_category":0,"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-239","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-news"],"aioseo_notices":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/239","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=239"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/239\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":242,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/239\/revisions\/242"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/240"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=239"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=239"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=239"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}