{"id":502,"date":"2025-08-19T16:18:05","date_gmt":"2025-08-19T16:18:05","guid":{"rendered":"https:\/\/africadiplomacy.net\/?p=502"},"modified":"2025-08-19T16:19:26","modified_gmt":"2025-08-19T16:19:26","slug":"bull-dogg-jay-c-na-bushali-bakubiswe-nabafana-mu-kabyiniro-ki-rubavu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/africadiplomacy.net\/?p=502","title":{"rendered":"Bull Dogg, Jay C na Bushali bakubiswe n&#8217;abafana mu kabyiniro k\u2019i Rubavu"},"content":{"rendered":"\n<p>Mu mpera z\u2019icyumweru gishize, abaraperi Jay C, Bull Dogg na Bushali bahuye n\u2019uruva gusenya ubwo basagarirwaga n\u2019abafana bari basohokeye mu kabyiniro k\u2019i Rubavu.<\/p>\n\n\n\n<p>Byabereye ahazwi nka kwa Nyanja nyuma y\u2019uko bari bamaze gutaramira mu gitaramo cya MTN Iwacu Muzika Festival. Nyuma yo kwitabira ibirori bya White Party, aba bahanzi bahisemo kujya kuruhukira muri ako kabyiniro, ari naho bahuriye n\u2019igikundi cy\u2019abantu basaga icyenda, bituma havukamo imirwano.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu kiganiro Jay C yagiranye na IGIHE, yasobanuye ko bari kumwe n\u2019imiryango yabo kandi batari bagiye mu birori guteza akaduruvayo. Yagize ati:<br>&#8220;Nyuma yo kurangiza igitaramo cyagenze neza, twafashe umwanya wo gusohoka gato. Twanyuze muri White Party, ariko ntitwahamaranye igihe, twaje kwerekeza mu kabyiniro kamwe.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Jay C yakomeje avuga ko bageze ku muryango w\u2019ako kabyiniro bahura n\u2019igikundi cy\u2019abantu barimo n\u2019abakobwa, bigaragara ko basinze. Aba bantu ngo bafashe nabi imyitwarire y\u2019aba baraperi, bavuga ko babasuzuguye, bituma batangira kubatera amagambo mabi ndetse bagerageza no kubasatira.<\/p>\n\n\n\n<p>Ati: &#8220;Twari twasize abo mu miryango imbere, twe tugiye gufata akayaga. Tugeze ku muryango duhura n\u2019abagera ku icyenda, baradusanga batangiye kuvuga nabi, bamwe bagerageza kutuzanaho imirwano. Nta kindi twari gukora uretse kwirwanaho kuko n\u2019umutekano waho wari umwe gusa kandi ntiyigeze atabara.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Imirwano yamaze iminota itari mike ariko ku bw\u2019amahirwe ntihagira ugira ikibazo gikomeye. Polisi yaje kuhagera itabara, bamwe mu basagariraga aba baraperi batahwa muri yombi.<\/p>\n\n\n\n<p>Jay C yahakanye amakuru yavugaga ko imirwano yaturutse ku kuba bari basinze cyangwa babuze amafaranga yo kwishyura ibyo banyoye. Yagize ati:<br>&#8220;Ese hari amashusho yerekana turwana n\u2019abakozi b\u2019akabyiniro? Ntabwo twari twambuye abantu cyangwa ngo tubuze ibyo kunywa. Ibyo sibyo na gato.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Umwanditsi: Justinmind HARERIMANA<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu mpera z\u2019icyumweru gishize, abaraperi Jay C, Bull Dogg na Bushali bahuye n\u2019uruva gusenya ubwo basagarirwaga n\u2019abafana bari basohokeye mu kabyiniro k\u2019i Rubavu. Byabereye ahazwi nka kwa Nyanja nyuma y\u2019uko bari bamaze gutaramira mu gitaramo cya MTN Iwacu Muzika Festival. Nyuma yo kwitabira ibirori bya White Party, aba bahanzi bahisemo kujya kuruhukira muri ako kabyiniro, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":503,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"om_disable_all_campaigns":false,"_monsterinsights_skip_tracking":false,"_monsterinsights_sitenote_active":false,"_monsterinsights_sitenote_note":"","_monsterinsights_sitenote_category":0,"footnotes":""},"categories":[16,1],"tags":[],"class_list":["post-502","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-uncategorized"],"aioseo_notices":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/502","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=502"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/502\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":504,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/502\/revisions\/504"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/503"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=502"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=502"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/africadiplomacy.net\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=502"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}